in

Amagambo aryohereye y’urukundo umugore yabwira umugabo we.

Ni byiza ko umukunzi wawe umubwira amagambo amunogeye kugirango arusheho kukwiyumvamo cyane, ndetse ntagire n’icyo aguhisha igihe mutari mu bihe byiza by’urukundo rwanyu.

Aya namwe mu magambo umugore yabwira umukunzi we bigatuma urushaho kugubwa neza cyane ndetse akanagumukunda kurushaho.

  1. Iyo umukunzi wajye aza kuba ikiyaga,nta butaka bwari kuzabaho,Iyo umukunzi wajye aza kuba ubutayu,wari kuzabona umucanga gusa,iyo umukunzi wajye aza kuba inyenyeri imurika nijoro,hari kubaho urumuri gusa kandi iyo umukunzi wajye aza kuba atanga amababa nari kuguruka nkajya mu kirere.

  2. Ntabwo nita uko bikomeye kuba turi hamwe kuko nta cyiza nko guhora nkubona iruhande rwajye.

  3. Namaze kwishyiramo ko urukundo atari byose twifuza gusa urukundo ni byose aho uri.

  4. Nkukunda nkuko umuntu uri kurohama aba ashaka umwuka wo guhumeka.

  5. Mu nseko yawe mbonamo ikintu cyiza kurenza inyenyeri.

  6. Wari ufite kumfata ukuboko igihe gito ariko wowe wakumfashe iteka ryose.

  7. Sinzigera menya niba byanshobokera guhagarika kugutekereza kuko ntazigera nabigerageza.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibintu byagufasha guhora wishimanye n’umukunzi wawe mudashwana.

Impamvu zitangaje zituma ukururwa n’uwo mutashakanye.