in

Amafoto y’umugabo washakanye n’abakobwa babiri b’impanga, bamubwiye icyo bifuza imibare imubana ibihekane

Impanga z’abakobwa basangiye umugabo bo muri Australia, batangaje ko bifuza gutwitira rimwe bakazabyarira igihe kimwe.

Lucy Decinque na Ann Decinque, impanga z’abakobwa bo mu gihugu cya Australia basangiye umugabo witwa Ben, batangaje ko bifuza ko yabaterera inda rimwe kuburyo bazabyarira rimwe, kuko bifuza ko abana babo bavukira rimwe byibuze bakazagira umubano umeze nk’uwimpanga.

Inkuru itangaje y’izi mpanga z’abakobwa yacishijwe kuri televiziyo mpuzamahanga ya TLC, aho berekanye ubuzima babayemo n’umugabo wabo Ben baboneraho no kuvuga icyifuzo gikomeye bafite cyo gutwitira rimwe, n’ubwo bazi ko amahirwe yabyo ari macye cyane.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu mashusho; Reba umusore wakomerekeye mu mpanuka y’amagare muri Tour du Rwanda

Umwe mu banyarwenya bagezweho mu Rwanda agacupa kamugezemo ajyana icupa ry’inzoga mu bwiherero, barimwatse yenda no kurwana(Videwo)