in ,

Agezweho: Umukinnyi ukomeye mu ikipe ya Arsenal FC ari kubarizwa i Kigali mu Rwanda -AMAFOTO

Agezweho: Umukinnyi ukomeye mu ikipe ya Arsenal FC ari kubarizwa i Kigali mu Rwanda.

Myugariro Jurriën David Norman Timber w’ikipe ya Arsenal FC yo mu gihugu cy’u Bwongereza akaba n’umukinnyi ukomeye cyane w’ikipe y’igihugu ya Netherlands ari mu Rwanda aho yaje mu ruzinduko ruzageza ku cyumweru.

Jurriën David Timber yageze mu Rwanda aho uyu mukinnyi yazanye n’umukunzi we akaba yaje gusura u Rwanda muri gahunda ya Visit Rwanda.

Amafoto ya Timber wageze mu Rwanda aho yanahuye n’umunyamakuru Jean Luc:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yarabyirengagije! Wa musifuzi umukinnyi wa As Kigali yakoze ku ibere yanze ko bamuhana aramuvugira muri Ferwafa

Police yafunze abagabo ibafatanye mukorogo