in

Agataro gatumye Kibonge areka gukina firime ngo niho hari amafaranga

Umukinnyi wa firime ikunzwe mu Rwanda uzwi nka Clapton Kibonge ukina akanaba umuyobozi wa firime bita “Umuturanyi” nindi bita “Mugisha na Rusine” yagaragaye yikoreye agataro k’imbuto.

Uyu mugabo bisanzwe binzwi ko akina firime gusa ariko biravugwako yaba yahinduye akazi akajya kuba umuzunguzayi.

Ubu haribazwa ngo Umuturanyi na Mugisha na Rusine ziraba izande ko ariwe waruzikuriye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kakubayeho! Ibi ni ibimenyetso simusiga byakwereka ko ushobora kuba urwaye ikibyimba ku bwonko.

APR FC na AS Kigali zinaniwe kwikiranura bishyira Rayon Sport mu nyungu