in ,

Afite amaso 6! Irebere umugore wa mbere utangaje ku isi bitewe n’ibintu yikoreye ku mubiri we 

Uyu niwe mugore wa mbere utangaje ku isi, kuba ariwe utangaje si uko yavutse bitandukanye n’abandi, ahubwo ni ukubera ibintu bitangaje yashyize ku mubiri we.

Uyu mugore yishyizeho tatuwaje umubiri wose, kuri buri gice cyose kigize umubiri!

Isi yose yakomeje ku mutangarira bitewe na tatuwaje afite ku maso ye yombi.

Iyi tatuwaje yo ku maso iratangaje cyane ku buryo iyo umureba uba ubona afite amaso atandandu.

Uyu mugore yavuze ko izi tatuwaje inyinshi muri zo azishyiraho mu buryo bwo kwishimisha ntakindi kintu zisobanuye uretse inye muri zo.

Kandi yavuze ko tatuwaje akunda cyane ari tatuwaje iri ku musaya we w’iburyo, yandikishije ibara ry’amazi, kandi avuga ko arinayo yamugoye cyane ikanamuhenda.

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Siporo Rusange izwi nka ‘Car free day’ ntago izakorwa kuri iki cyumweru kubera impamvu umujyi wa Kigali watanze

“ariko nkawe iyo uri umufana ukaba utazana agafaranga ko kwizihiza isabukuru uba utekereza iki” Dogiteri Nsabi mu mvugo ye isekeje yibasiye abafana b’ingona(Videwo)