in

Abatari babyara bose! Imyaka myiza ku bagabo yo kubyariraho bagafata inshingano zo kuba Papa

Iyo umusore yinjiye mu gihe cy’ubugimbi aba ashobora kuba yatera inda, gusa kuko aba atari yabasha kwitunga bamugira inama yo kwifata.

Abasore benshi bibaza igihe cyiza cyo kuba batera inda bakibaruka, bakitwa ba Papa.

Abahanga bagira inama abasore ko batangira kwibaruka bamaze kuba bakiyuba haba mu bumenyi ndetse no mu mikoro.

Abashakashatsi bavuga ko imyaka myiza yo kubyara ku muhungu ni hagati ya 30-40 kuko aha umusore ugiye kuba Papa aba akomeye muri byose.

Akenshi umusore ugeze mu myaka 30 hari ahantu aba ageze mu bijyanye no kwiyuba haba mu bunararibonye mu bumenyi ndetse no ku mafaranga.

Rero imyaka myiza ku basore ni 30 kuzamura gusa bitabujije ko hari n’ababyara bari muri 20, biterwa n’uburyo umuntu afata ibintu.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Ndagukunda mama” Davido yagaragaye ari kumwe na Mama we maze amugaragariza imbamutima ze – Reba ifoto

Umuhanzi Burna boy yaciye agahigo Kari gafitwe na Diamond platinum muri Afrika.