in

Abanywa agasembuye birengagijwe! Hagaragaye amashusho agaragaza ibyo kurya byateguwe mu bukwe bwa The Ben wagiye gukwa Pamela – VIDEWO

Ibyo kurya byateguwe mu bukwe bwa The Ben wagiye gukwa iwabo w’umugore we Uwicyeza Pamella, ntabwo bigeze bashyiramo ibyo kunywa bisembuye.

Uwicyeza Pamella asobanura ko bwa mbere ahura na The Ben ari umunsi adashobora kuzibagirwa.

Uyu mukobwa wamamaye mu marushanwa ya Miss Rwanda, yavuze ko yahuye na The Ben ari ku munsi wa Gatatu w’icyumweru, kandi ko icyo gihe imvura yaraguye.

 

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abamwambariye ni ibyamamare gusa! The Ben yagiye gutanga inkwano mu muryango wa Uwicyeza Pamela aherekejwe n’ibyamamare byamwambariye – VIDEWO

Impande zose hari abashinzwe umutekano! Ahagiye kubera ubukwe bwa The Ben na Pamela hacungiwe umutekano ku buryo bukomeye cyane wagira ngo n’ubukwe bw’ibikomangoma – VIDEWO