in

Abantu bararakaye! Umurwayi yibye imodoka ya Ambulance yari imujyanye mu bitaro kwivuza

Umugabo wari ujyanywe mu bitaro bya Manttan muri Ambulance, yaje kuyiba arayijyana gusa yaje gufatwa atari yarenga umutaru.

Uyu mugabo wakoze ibyo yari yigize umurwayi, aho yaje kwiba iyo modoka gusa nyuma yaje gufatwa na Polisi amaze kugenda ibirometero 40

Uyu mugabo afite imyaka 47 yigize umurwayi ajya kwa muganga, nyuma yo kugerayo ubwo batangiranga gushaka  uburyo yahabwa ibitaro, ubwo imodoka yari iparitse yahise yinjiramo ahita ayatsa arayitwara.

Polisi yahise itangira ku muhiga ikoresheje ikoranabuhanga rya GPS,  uwo murwayi yaje gufatwa amaze kugenda ibirometero bisaga 40.

 

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umusore yitangiye umukobwa bakundanaga, apfa urupfu rubabaje (Inkuru Zigisha)

Itangazo risohotse nonaha kandi ryihutirwa ku bantu bose batega n’abatwara ibinyabiziga