in

Abantu 4 bapfiriye ku ishuri rya gikirisitu (AMAFOTO)

Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki 27 Werurwe 2023 ,hagana saa yine n’iminota 30  muri Leta ya Nashville muri Leta Zunze Ubumwe za America ,ku ishuri ry’igenga rya  gikirisitu ryitwa Covenant School, harasiwe abana batatu bahita bitaba Imana ndetse nuwabarashe nawe ahita  ahasiga ubuzima.

Kugeza ubungubu akaba ari nta makuru arambuye cyangwa imyirondoro yuwarashe cyangwa abarashwe  irashyirwa hanze cyangwa ngo hamenyekane icyari cyateye uwarashe kurasa kuri iryo shuri ,gusa Polisi ikavuga ko kugeza ubu abanyeshuri bahujwe n’ababyeyi babo ,bakaba bari ku rusengero rwa Woodmont Baptist Church.

SOURCE: NYP

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mugabo nawe musore niba ukunda kubika telephone mu mufuka w’ipantaro, dore ingaruka mbi ku buzima bwawe zigutegereje – Harimo no kubura urubyaro

Igenda inyerera! Dore ibyiza by’ububobere umugore azana mu gihe cyo gukora imibonano