in

Amakuru mashya; Buri mukozi wese yemerewe gufata akanya gahagije ko kwikinisha ari ku kazi

Kwikinisha nubwo ari bibi ndetse bigira ingaruka mbi ku buzima bw’uwikinisha, muri Suede ikigo cyashyizeho inzu yo kwikinishirizamo kugira ngo batange umusaruro.

Ikigo cyo muri Suède gitunganya filime z’urukozasoni, Erika Lust Films cyashyiriyeho abakozi bacyo ahantu ho kujya kwikinishiriza mu gihe cy’akaruhuko, mu rwego rwo kubafasha kurushaho gutanga umusaruro.

 

7sur7 dukesha iyi nkuru, yatangaje ko guhera muri Gicurasi umwaka ushize abakozi b’iyi sosiyete bashyiriweho ahantu hihariye ho kwikinishiriza.

Mu bakozi 36 iki kigo gifite, buri munsi umwe aba yemerewe iminota 30 yo kujya kwikinisha kugira ngo atange umusaruro.

Erika Lust uyobora iyo sosiyete, yavuze ko byatanze umusaruro nyuma yo gushyiraho ahantu abakozi bajya bakinisha.

Ati “Nkurikirana abakozi banje, iyo bameze neza bakora ibitangaza. Kubera ko nari nzi ko nta kindi kintu cyabafasha kumererwe neza, nashyizeho ahantu bashobora kujya bakinisha, bakarangiza.”

Mu korohereza abakozi, Erika Lust Films buri munsi ibikoresho by’ubuntu bibafasha kwikinisha.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Videwo igaragaza Diamond Platnumz bamupfumura izuru ikomeje guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga(videwo)

Ikipe ya Rayon Sport ikomeje gusya itanzitse muri shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda