in

Abakobwa b’impanga batekereza kimwe batewe inda n’umugabo umwe mu gihe kimwe||ubuzima babayemo burabagoye.

Izi mpanga zibaho mu buzima buciriritse, kubona ibyo kurya n’aho kuba biba ari ingorabahizi nk’uko inkuru zitandukanye harimo iya Tori ibitangaza. Umutangabuhamya wo muri Cameroon yavuze amagambo mesnhi aremereye kuri aba bana baterewe inda rimwe ubuzima bwabo bukaba butameze neza.

Ayisha Togina yagize ati “Bashiki bacu babiri batewe inda n’umuhungu umwe. Se wabo urwana no gutunga abakobwa be batwite aba hafi mu nkengero za Buea. Ibyabo ntabwo ari inkuru nziza ahubwo ni urugero rw’ukuri k’ubuzima. Uyu muryango wabaga i Tole aho bashiki bacu bombi b’imyaka 16 y’amavuko babaga mu nzu y’ubukode bishyura ibihumbi 5 kukwezi, ni abana batekereza kimwe kuko ni impanga zihuje byose niyo mpamvu basamiye rimwe”.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo yihaye gukorakora ikibuno cy’umukobwa bahuriye mu isoko| Ibyamubayeho nanubu aracyabirota😂

Urban Boyz bahaye ubutumwa abafana babo bamaze igihe bibaza aho bagiye