in

Abakinnyi 3 bahesheje Real Madrid ibikombe 3 bya Champions League bashobora kongera guhurira mu ikipe imwe idakomeye

Ukugenda kwa Cristiano Ronaldo aguzwe mu ikipe yo muri Arabiya Sawudite ya Al Nassr, akomeje kwifuza cyane myugariro wa Paris Saint-Germain Sergio Ramos, ndetse na Luke Modric.

Aba bombi uko ari batatu Ronaldo, Ramos na Modric bahesheje Real Madrid ibikombe 3 bya Champions League Real Madrid, ubu rero bombi bashobora guhurira mu ikipe imwe.

Ibyo ni ibyatangajwe n’ikinyamakuru Marca, gusa kivuga ko Modric w’imyaka 37 we yanze icyifuzo cyo kwinjiza amafaranga atubutse kugira ngo bamarane ikindi gihe nko muri Real Madrid.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nashakaga kuzana Messi akiva i Doha! Amagambo ya Rudi Garcia utoza Al Nassr na Cristiano Ronaldo akomeje kwibazwaho?

Rubyiruko; Kano kanya KNC yaguha ibanga ryakugeza ku ntsinzi muri 2023 ntizarangire usabiriza na fanta (Videwo)