in

Rubyiruko; Kano kanya KNC yaguha ibanga ryakugeza ku ntsinzi muri 2023 ntizarangire usabiriza na fanta (Videwo)

Umunyamakuru, Perezida wa Gasogi United aka n’umushabitsi Kakooza Nkuriza Charles wamamaye nka KNC yagiriye inama Urubyiruko, abareka uko bagera ku ntsinzi muri uyu mwaka wa 2023.

KNC yasabye urubyiruko kujya rwisuzuma rukareba icyo rumaze gukora, aho yatanze uru ry’izana ry’umwe mu bakozi be. “Bwijenkozeki” yasabye buri muntu ubarizwa mu rubyiruko kujya agera nimugoroba akiba ikintu is bwije akoze akareba niba yageze ku ntsinzi cyangwa yatsinzwe.

KNC kandi yasabye urubyiruko guhangana n’ibibazo aho kubihungira mu biyobyabwenge nkuko abanshi bageze muri iyo myaka bakunze kubikora. Yabasabye gutekereza byagutse ku buryo aho gukwepera ikibazo mu bibyabwenge bajye bagishakira ibisubizo batafaashe ku biyobyabwenge.

Videwo

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abakinnyi 3 bahesheje Real Madrid ibikombe 3 bya Champions League bashobora kongera guhurira mu ikipe imwe idakomeye

Disi mama wa Pele ntazi ko umuhungu we yitabye Imana! Mu gihe abenshi ku isi babimenye akivamo umwuka