in

Abakinnyi 11 Yemen Zelfani azabanza mu kibuga ejo yagaragaje ko ashaka guhereza Gorilla FC ubutumwa itazibagirwa

Abakinnyi 11 Yemen Zelfani azabanza mu kibuga ejo yagaragaje ko ashaka guhereza Gorilla FC ubutumwa itazibagirwa

Kuri iki cyumweru tariki 27 Kanama 2023, ikipe ya Rayon Sports irambikana na Gorilla FC benshi bita murumuna wayo kubera abayobozi bayo bigeze kumara igihe kinini muri Gikundiro ari abayobozi bayo bakomeye.

Ni umukino wateguwe neza ku ruhande rw’ikipe ya Gorilla FC izaba yakiriye uyu mukino kuko mbere y’umukino abafana bazabanza basusurutswe n’abavangamiziki barimo Dj Bisoso ndetse n’abahanzi batandukanye.

Nubwo Gorilla FC yateguye ibi byose, ariko umutoza wa Rayon Sports nyuma yo kumenya ko iyi kipe yabujije iyi kipe igikombe umwaka ushize yahize nawe kuyinyagira umuba w’ibitego binyuze mu mpande zose.

Abakinnyi 11 azabanza mu kibuga ku munsi wejo

Mu izamu: Hategekimana Bonheur

Ba myugariro: Rwatubyaye Abdul, Mitima Issac, Ganijuru Ellie, Mucyo Didier junior

Abo hagati: Aruna Moussa Madjaliwa, Hertier Luvumbu Nzinga, Mvuyekure Emmanuel Mannou

Ba rutahizamu: Joachim Ojera, Charles Bbaale, Yousef Rharb

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yemeye kuryamana n’umushinwa aziko agiye kumurya idorari none umushinwa yamuteye inda ahita amusiga wenyine none ubu ari gusabiriza

Rutahizamu w’ikipe ya Rayon yategetse bagenzi be umubare w’ibitego bagomba gutsinda Gorilla FC kugirango bihorere banayerekeko iciriritse