in

Abakinnyi 11 ba Rayon Sports bagiye kubanza mu kibuga mukanya gato

Mu masaha atarenga 2 gusa Ikipe ya Rayon Sports iraba icakirana n’ikipe ya AS Kigali dore ko umukino uratangira ku isaha ya saa cyenda zuzuye.

Ikipe ya Rayon Sports ikunze kwitwara neza imbere y’ikipe ya AS Kigali, ikunze guhabwa amahirwe igihe cyose iyo igihe guhura na AS Kigali kubera ko ari Ikipe ifite abafana benshi hano mu Rwanda ndetse Kandi ubona ko iyi kipe izi uko igikombe cya Shampiyona gitwarwa ugereranyije n’iyi kipe y’abanyamujyi.

Rayon Sports benshi bari biteze kubona mu kibuga Mbirizi Eric wari ukumbuwe cyane gusa ntabwo umutoza yifuje kuza kumubanza mu kibuga uyu munsi.

Abakinnyi 11 ba Rayon Sports bagiye kuba babanza mu kibuga bahura na AS Kigali.

Mu izamu: Ramadhan Kabwili

Ba myugariro: Ganijuru Ellie, Mucyo Didier Junior, Mitima Issac, Ndizeye Samuel

Mu kibuga hagati: Gasongo Eric, Ndekwe Flex, Paul Were

Ba Rutahizamu: Moussa Camara, Willy Essomba Onana, Iraguha Hadjii

 

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Breaking news: Cristiano Ronaldo yaciwe amande y’ibihumbi 50 by’amapawundi anahagarikwa imikino 2 azira kumena telefone y’umufana

Aisha mu Gakanzu kagufi afatanye na Kenny Sol, nyuma yo gushyira amafoto yabo hanze bari kumwe abafana babibasiye(Amafoto)