in

Abagore 5 bakundanye na Diamond bagatuma yitwa gapfizi

Muri iyi nkuru tugiye kugaruka ku bagore 5 uyu mugabo amaze kuryamana nabo, bakanabana gusa urukundo rwabo rukaza kurangirira mu ntambara.

DORE URUTONDE RW’ABAGORE BATERESWE NA DIAMOND PLATINUMZ.

1.WEMA SEPETU

Uyu ni umwe mu bagore bakundanye imyaka myinshi na Diamond Platinumz nyuma baza gutandukana. Amazina ya WEMA SEPETU, yanyujijwe mu binyamakuru bitandukanye aba icyamamare.Mama we ni Mariam Sepetu.

2.Jokate Mwegelo

Uyu ni undi mugore w’icyamamare muri Tanzania wakundanye na Diamond Platinumz karahava ariko urukundo rwabo ruguma mu ibanga.

Akiva mu rukundo na Diamond yahise akundana na Commisioner  wa Darsalam Temeke.

3.Hamisa Mobetto

Uyu we azwi cyane kumbuga nkoranyambaga.Uyu mugore yakundanye na Diamond Platinumz ndetse anaza kumubyarira umwana ubwo hari mu rukundo n’undi mukobwa witwa Zari Hassan.Mama we yitwa Shufaa Lutigunga ninawe wafashije Hamisa Mobetto gukoza abana be 2.

4.Zari Hassan

Uyu nawe yakundanye na Diamond Platinumz karahava  ndetse anavugwa mu bitangazamakuru binyuranye byo muri Tanza ni a

5.Tanasha Donna.

Tanasha Donna ni umunyamakuru w’icyamamare  uyu yaje mu rukundo n’uyu mugabo w’icyamamare muri

Afurika nzima nyuma y’urukundo yari avanyemo na Zari Hassan nk’uko twabigarutseho.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Sergio Busquets yasezeye burundu mu ikipe y’igihugu ya Espagne

Juno Kizigenza yavuze amagambo akomeye kuri Meddy bituma Meddy yongera gukumburwa cyane n’ubwo abafana bamurakariye