in

Abagabo bose banga abagore bakora ibi bintu

Hari ibintu abagore bakora cyangwa bavuga ku bagabo babo bikarangira abagabo babo batangiye kubanga gake gake. Ibyo bintu twabigukusanyirije muri iyi nkuru.

Gukunda ibintu

Abagabo banga umugore ukunda ibintu bikaba akarusho iyo bigeze ku mafaranga, imyambaro, inkweto, ibirungo by’ubwiza ndetse n’ibindi.

Ubunebwe

Ntibakunda umugore w’umunebwe, umwe umugabo ajya mu kazi agasigara muri filime cyangwa ujya mu gakungu n’abandi bagore bagenzi be, bagiye kuvuga amagambo.

Abagore bose ndabazi

Mugore, ntukabwire umugabo wawe gutyo kuko hari igihe ibivuga nta kimenyetso ahubwo ari ugufuha gusa, niba ufite ikimenyetso bitware gake ubimubaze witonze.

 

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abagore bishimiye ko bahawe uburenganzira bwo kuzajya boga muri Pisine batambaye hejuru nk’uko abagabo biba bimeze

Dore ibyiza byo gukora imibonano mpuza bitsina kenshi