in

“Abagabo banze kudushaka kubera turi amasugi” abakobwa bakomeje gutakamba

Mu minsi ya kera abakobwa bagiye basabwa kuba bakiri amasugi kugirango babashe kuba babona abagabo, ariko muri iki gihe abahungu ndetse n’abagabo benshi bagiye bagaragaza ko batagishishikariye gushaka abakobwa bakiri amasugi.

Aha niho abakobwa bahereye bagaragaza amarangamutima yabo ko abagabo benshi batagishaka gushyingiranwa nabo babashinja ko kuba bakiri amasugi bitagishishikaje.

Umwe mu bakobwa yahisemo kujya mu ruhame agaragazako bagenda bahura nihohoterwa ry’uko abagabo n’abasore banga kubashaka babashinja kutagira uburambe mu gukora imibonano mpuzabitsina.

Mu mashusho yashyizwe hanze bicishijwe kuri TikTok yatangajeko mbere ubundi bajyaga bashimirwa kuba barizigamye bakaba bakiri amasugi gusa ubungubu bikaba byarahindutse.

Abakobwa bakaba bari gusaba guhabwa agaciro bakwiye ndetse ntibagasuzugurwe nkuko biba biri gukorwa.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
6 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Bonny Bobo
Bonny Bobo
1 year ago

Isugise waba uyijyanahe ibyo ntibicyigezweho ntamwanya dufite wogusujyura rwose muricyicyinyejana

Siba kuba icyirara ariko ureke nokuba isugi,
Ntihagire nubirata ngo ni isugi isugise nibicyi ducyeneye kwishimana nabishimye ntiducyeneye kumva amarira yububabare nogukora ibintu USA nuhatiriza

MUGABIRE Melchiade
MUGABIRE Melchiade
1 year ago

Nihagire umwe muribo anyandikira tuvugane ndi muburundi

Adrieno
Adrieno
1 year ago

Cg ahuko batinya kuabashaka kuko abenshi babaye ibirara. abagabo na basore basigaye babona ntamukobwa wokubaka ugihari bose babaye inzugi.

Musoni
Musoni
1 year ago
Reply to  Adrieno

Babaye ibihomora none ngo amasugi? Wayikurahe se ahubwo

Francois
Francois
1 year ago

Njyewe mubonye nashimira imana

Francois
Francois
1 year ago

Numéro yanjye niba haruhari
0783865225

Ku mwana we arica; Umugabo yishwe na Sebukwe nyuma yo gushyamirana n’umugore we

Video: Pastor Ezra Mpyisi yavuze ikindi kintu arimo gukora kizatuma aca agahigo gakomeye