in

Kylian Mbape yamaze gusinyira ikipe nshya hagati ya Real Madrid na Arsenal FC

Kylian Mbape yamaze gusinyira ikipe nshya hagati ya Real Madrid na Arsenal FC

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’ubufaransa ndetse n’ikipe ya PSG kugeza ubu, nyuma yo gutangariza ubuyobozi bw’iyi kipe ko atazakomezanya nabo ubwo amasezerano ye azaba arangiye, yamaze gusinyira ikipe ya Real Madrid.

Nkuko bitangazwa n’ikinyamakuru cyandikira mu gihugu cya Esipanye mu mujyi w’i Madrid MARCA, kiravuga ko Kylian Mbape yamaze gusinya mu ibanga rikomeye amasezerano azamujyeza 2029 bivuze ko ari imyaka 5 yasinye.

Kylian Mbape biravugwa ko muri Real Madrid azambara nimero 9 cyangwa 10 nubwo muri PSG yambaraga nimero 7.

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kylian Mbape yamaze gusinyira ikipe nshya hagati ya Real Madrid na Arsenal FC

Gorilla FC yabonye umutoza mushya wanyuze mu makipe akomeye atandukanye muri Africa.