in

《Umukobwa twendaga kurushinga yahindutse umusinzi kandi turi abarokore ,ese mureke?》Aragisha inama

Drunken Teenage

Yaratwandikiye ati” Muraho neza, maze imyaka 5 nkundana n’umukobwa twamenyaniye mu rusengero turirimba, nabonaga afite imico myiza rwose nta kibazo, sinigeze mubona anywa inzoga cyangwa itabi kuko yewe twese turi abarokore, ndetse rwose yambwiraga ko na mbere yo gukizwa atigeze abikora.

Muri iyi minsi namaze kumwambika impeta ndetse twitegura ubukwe vuba niba bwongeye kuba. ikibazo rero ni uko natangiye kubona impinduka zikomeye kuri we, zirimo kunywa inzoga n’amatabi agasinda……
Iyi mwitwarire yanteye impungenge ndetse zimwe mu nshuti zanjye zinsaba ko namureka kuko ubwo hari n’ibindi ntarabona.

None mungire inama nkore iki?”.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ntacyo ikofi idakora: Butera Knowless yerekanye uko we na Platini bari bameze kera ikofi itarabayoboka

Kimenyi Yves yongeye kwibutsa Miss Muyango ko ariwe Mwamikazi w’umutima we