in

Yari ahaze itabi azana ubugoryi, Social Mula yasebeje Dj Briane wari warateye impuhwe abanyarwanda abangisha Social Mula kubera Ibyo bapfuye

Mu Minsi yashize nibwo umuhanzi Social Mula yibasiwe bikomeye na Dj Briane avuga ko ubwo bari mu bihugu by’amahanga aho bagiye gupagasa yamutaye wenyine mu gihe abo bari kumwe Bose bari bamukatiye.

Yaramututse cyane ndetse bigera ubwo Social Mula yanditse ubutumwa asobanura uko byagenze. Ubutumwa burebure bugaragaza ukuntu social mulla arengana ahubwo ari kutanyurwa kwa Briane.

Yagize ati “umva nkubwire, ntago unzi Arko iyimbwakazi ngo ni brianne ni marine nkuko abivuga si umuntu biriya byose arabeshya yakiriwe neza bishoboka mubudage, ahubwo icyo yapfuye na @nadprogress cya brianne cyageze mububirigi gihita gishaka ko nad amwongera amafranga kuyo bari bavuganye umujama arabyanga donc cyashakaga ngo amuha menshi kurusha social, then after abitegereje abona nataza Kdi afitanye contract numutipe byamukoraho araza arakora, Arko nimbwa pe, none se ikindi ntago wibuka akigera inaha koya postinz ari muri hotel banamusohokanye arikunywa ama shisha nama video turayafite ijoro rya 31 arikuvuga ngo imbeho yamwishe ntago yarakiri inaha Germany yakagombye kuba ari Belgium yarahafite show ya club,”

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Piaget
Piaget
1 year ago

Yegob mukora umuti neza kbs , gus byaba byiza ubutaha mugiye murambura Inkuru mukayivugaho byimbitse

“Bazatubabarire bayimwake bayihe undi” Sam karenzi yasabiye perezida wa Rayon Sports kwirukanwa kubera impamvu ikomeye

Urutonde rw’abakinnyi 8 ba Rayon Sports batari batangira imyitozo kubera kurenga ku mabwiriza y’ubuyobozi