in ,

‘Who am I’: Indirimbo ya Mishou warangije ku Nyundo akaba yinjiye muri Muzika

Ganza Michel uzwi nka Mishou impano nshya mu muziki wakuye ubumenyi mu ishuri ry’umuziki ryo ku Nyundo, yashyize hanze indirimbo shya yise ‘Who am I’. Who am I, indirimbo uyu muhanzi yumvikana abaza umukobwa icyo yamukundiye bitewe n’uburanga butangaje ndetse n’imico myiza afite. Hari aho agira ati “Dore nagukunze ntazi ko uzemera nkabura icyanshoboza ku […]

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Igihe Tour du Rwanda 2021 izabera cyamenyekanye

Juvenal Mvukiyehe ati: ‘Gahunda ni gahunda ndayobora Kiyovu Sports’