in

“Wampetse nkiri muto iki nicyo gihe nange ngo nkuheke” Umuhanzikazi Babo yazamuye amarangamutima ya benshi nyuma yo gushyira mama we mu mugongo akagira n’ubutumwa amugenera(AMAFOTO)

“Wampetse nkiri muto iki nicyo gihe nange ngo nkuheke” Umuhanzikazi Babo yazamuye amarangamutima ya benshi nyuma yo gushyira mama we mu mugongo akagira n’ubutumwa amugenera

Umuhanzikazi Babo wamenyekanye mu mukizi nyarwanda nk’umudiyasipora uba mu budage yashimishije abamukurikirana ku rubuga rwe rwa Instagram ubwo yashyiraga ifoto hanze ahetse mama we.

Nyuma yo gushyira iyi foto hanze yarengejeho ko agomba kumuheka kuko ngo na mama we yamuhetse igihe yari akiri muto.

Babo ufite papa we w’umudage na mama we w’umunyarwandakazi yamenyekanye akiri muto dore ko zimwe mu ndirimbo zatumye amenyekana hari mo izo yakoranye n’itsinda rya Urban Boys ubwo ryari ritaratandukana.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ni uruhe rugingo ruba mu muntu, rwiyise izina?

“Mu gihe cyose urwanira iby’abandi ibyawe biribwa n’abarya iby’indangare” Tom Close