in

Wagira ngo n’indege ariko igendera kubutaka: Ikipe ikinamo Abanyarwanda yaguze imodoka imeze nk’indege igendera kubutaka -AMAFOTO

Wagira ngo n’indege ariko igendera kubutaka: Ikipe ikinamo Abanyarwanda yaguze imodoka imeze nk’indege igendera kubutaka.

Ikipe ya Gormahia FC yo mu gihugu cya Kenya ikinamo Abanyarwanda babiri aribo Bayisenge Emery na Sibomana Patrick basanzwe bakinira n’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yaguze imodoka nshya nziza cyane benshi bagiye bagereranya nk’indege igendera kubutaka.

Amafoto:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amateka agiye kwandikwa: Byiringiro Lague na Mukunzi Yannick bagiye gukura ikipe yabo mu cyiciro cya gatatu

“Turashaka ko urekura ikamba naho ubwiza bwo bwarashize” Nyuma yo gukora impanuka, Muheto Divine ari kubwirwa amagambo adasanzwe kubera ibyamubayeho mu isura – Amafoto