in

“Uyu munsi yari isabukuru yawe” Junior Giti yongeye kuvuga amagambo akomeye kuri mukuru we Yanga

Junior Giti washegeshwe bikomeye n’urupfu rwa Yanga yongeye kuvuga amwe mu magambo akomeye ku munsi w’amavuko we.

Nkusi Thomas wamamaye nka Young hashize hafi amezi 3 yitabye Imana aguye mu gihugu cya afurika y’epfo.
Mu magambo Murumuna we Junior Giti yashyize ahagaragara yagize ati:”uyu munsi ni wo wavukiyeho, isabukuru nziza mukuru wange

Akomeza agira ati:”Twishimira buri rwibutso ndetse n’ibihe twagiranye, komeza uruhukire mu mahoro.”


Ibi yabivuze nyuma yuko abantu bingeri zose byumwihariko abigeze kurebaho agasobanuye bashegeshwe n’urupfu rwa Yanga wari asigaye ari umukozi w’imana.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Morocco yari yimanye Africa ishoje urugendo rw’igikombe cy’isi ikubitwa na Croatia

umwana wa Rihanna watumye benshi bacika ururondogoro kubera kutamwerekana birangiye isura ye igiye hanze