in

Uwabaye umujyanama w’ibyamamare bikomeye mu Rwanda yambitse impeta umukunzi we (Video-AMAFOTO)

Uwabaye umujyanama ukomeye w’ibyamamare bikomeye mu Rwanda nk’itsinda rya Urban Boys, Charly na Nina ndetse agakorana igihe na The Mane Music, akaba asigaye ukorana bya hafi na Shaddyboo yambitse impeta umukunzi we bitegura kurushinga.

Ku mugoroba wo ku wa 14 Kamena 2022 nibwo Rwema yashinze ivi hasi maze asaba Uwase Faith bari bamaze imyaka itatu bakundana ko barushinga.

Uyu mukobwa na we utazuyaje yahise abyemera, bityo Rwema Denis amwambika impeta y’isezerano ry’uko biyemeje kurushinga.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru mabi ku bantu bakoresha internet explorer

Mukura FC igeze aho gukodesha abakozi b’umunsi umwe