in

Ushaka kurama: Zinduka uhobera umuntu mudahuje igitsina kugira ngo ubone ibyiza utari uzi bibamo

Guhoberana ni igikorwa gikunze gukorwa n’abantu bataherukanaga cyangwa abari mu rukundo, gusa na we ntiyo waba udafite ibyo byose ugomba kubikora.

Mu guhoberana habamo umunezero udasanzwe kuko uwo uhoberanye na we umutima wawe uba umwishimiye.

Iyo uzindutse mu gitondo ugahoberana na mugenzi wawe mudahuje igitsina bituma wirirwana akanyamuneza kuko mu guhoberana n’umuntu mudahuje igitsina bizamura amarangamutima yo kwirirwa umeze neza.

Mu guhoberana n’umuntu mudahuje igitsina kandi bituma umubano wanyu umera neza kandi ugakomera kabone ntiyo mwaba mudateretana.

Ibindi byiza biri mu guhoberana mu gitondo ni uko Birinda indwara zibasira umutima, bikuza ubwonko, bigabanya ububabare, Bimara stress.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuherwe Judith wakanyujijeho na Safi Madiba yavuze akazi yakoraga ubwo yageraga muri Canada

Abanyarwanda benshi batangariye izina ry’umukinnyi w’ikipe ya Brighton