in

“Useka nka Maama umunsi wa mbere ankikira ku bibero bye.” Imitoma iragwira uyu wo ntawe utashitura

Useka nka Maama umunsi wa mbere ankikira ku bibero bye” Imitoma iragwira uyu wo ni ntawe utashitura

 

Ni ukuri ngukunda uko uri,

Inseko yawe iyo nyibonye ndanezerwa,

Kuko useka nka Maama umunsi wa  mbere ankikira ku bibero bye.

 

Sinavuga ko ngukunda n’umutima wange wose gusa,

N’igituza utereramo kiragukunda,

Uzakirambikemo umusaya kibikwibwirire.

 

Ndagukunda ntuzamwaze,

Ndakwisabiye ntuzambabaze.

Written by Mizero Lambert

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787868796

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa witwa Ishimwe Ange avuga ko hari ubwo yigeze gusabwa na Kazungu Denis ukekwaho kwica abantu batandukanye kumusura iwe akabyanga

Ubanza bazatega indege 2 kubera ubwinshi bwabo! Urutonde rw’abakinnyi, abatoza n’abayobozi ba Rayon Sports bazajya muri Libya rwagiye ahagaragara