in

Urukundo rw’umubyeyi n’umubikira! Mama Nick yirengagije uburibwe ibyishimo n’ikiniga biramwica amarira aratemba ubwo yaririmbirwaga n’umukozi w’Imana aho arwariye mu bitaro -Videwo

Mukakamanzi Beatha wamamaye muri cinema nyarwanda yagize ikiniga amarira aratemba ubwo bamuririmbiye aho arwaye mu bitaro.

Ni mu gihe hagikomeje gusanywa Miliyoni 7 kugirango abashe kuvurwa kuri ubu hamaze kuboneka Miliyoni ebyiri.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Meya w’Umujyi, Jimmy Hatungimana yemeje ko imitungo n’ibikoresho byo mu nzu bigiye kujya bitanga imisoro ya buri kwezi

Ntubibwire abandi! Dore kode z’ibanga ziba muri telefone yawe utari uzi gukoresha aho nk’iyi [*#30#] ari kode ukoresha igihe ushaka guhamagara umuntu ariko ntabone nimero yawe kabone niyo yaba ayifite