in

“Uriya ni indaya” Keza Terisky yavuze amazina bagiye bamwita nyuma yo gutwita atabana n’umugabo wamuteye inda (VIDEWO)

“Uriya ni indaya” Keza Terisky yavuze ukuntu abantu bavuga iyo babonye umukobwa utwite atabana nk’umugabo nk’uko nawe byamugendekeye.

Umunyamideri akaba n’umukinnyi wa filime, Keza Terisky yavuze ko abantu bita abakobwa bose indaya nyuma y’uko babonye babyaye kandi nta mugabo uzwi bafite.

Bamwe vuga ati: “Uriya ni indaya.” Keza we ntiyemera ko uba uriyo kuko uba ufite umufabo wayiguteye kuko ntabwo uba wayikuye ku giti.

VIDEWO

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Babyeyi muze murebe abo murera! Umusore w’umunyeshuri yafashwe amashusho yashyize umutwe we mu myanya y’ibanga y’umukobwa na we w’umunyeshuri (VIDEWO)

Kigali: Imodoka yari iri gutembanwa n’umuvu w’amazi y’imvura, yahuye n’ibitangaza bitaba kuri bose (VIDEWO)