in

Umwana yibye se Gerenade ajya kuyikunamo agapira na bagenzi be ni uko maze irabaturikana

Umwana yibye se Gerenade ajya kuyikunamo agapira na bagenzi be ni uko maze irabaturikana.

Ibara ryaguye muri zone Mugomera mu gihugu cy’u Burundi aho abana aturikanywe na Gerenade.

Umwana yibye se usanzwe ari Imbonerakure, Gerenade ajya kuyikinisha n’abandi.

Bari kuyikina yaje guturika maze ibaturikana ari batatu.

Ikimara guturika aba bana bajyanywe mu bitaro bikuru by’iyo ntara ni mu gihe se w’umwana yahise atabwa muri yombi.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Niwe mukobwa uteye neza muri bose kandi utajya wambara mini nk’abandi! Umukobwa mushya waje muri Kigali Boss Babes akomeje kwigarurira imitima ya benshi kubera ubwiza n’imiterere ye

“Kuva icyo gihe nahise nkurwarira indege” Umunyamakuru wa RBA mu mikino yarwariye indege Alyn Sano nyuma yo kumubona yambaye akenda k’imbere kanditseho amazina ye