in

Umuyobozi w’ishuri rya Nemba TSS yanze ko abanyeshuri binjira mu kigo nyuma yo kubashinja amakosa atabaturutseho none bibereye hanze y’ikigo – AMAFOTO

Mu karere ka Gakenke mu murenge wa Nemba haravugwa inkuru y’abanyeshuri biga mu kigo cy’amashuri cya Nemba TSS, biriwe bicaye inyuma y’ikigo mu gihe abarimu babo babujijwe kwinjira ngo ni uko bageze ku kigo saa mbiri n’igice (08:30).

Aba banyeshuri ntabwo bari bakerewe kuko bahageze 8h30′ kandi imvura yari yabyutse igwa kugeza n’aho Umuyobozi w’iki kigo yabwiye ushinzwe umutekano ku ishuri (sécurité) ngo ntagire uwo afungurira.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Haragirimana Alexander
Haragirimana Alexander
8 months ago

Ibibintu byaba aribyiza ntibazongere kwigira indakoreka nakerewe nyine

Umukinnyi wa Rayon Sports yemeye gutandukana nayo ariko atera ubwoba abayobozi b’iyi kipe kubera ibyo yasabye bikomeye cyane

Umu motari w’i Nyarugenge usanzwe utwara moto yahawe na Boss we, Boss yamuhaye nimero y’umukobwa ngo amumuzanire kuri hotel, motari yanditse nimero za telefone asanga ni iz’umugore we