in

Umunyarwandakazi wahoze akora uburaya yatangaje inkuru iteye ubwoba(Video)

Umukobwa ukiri muto yashyize hanze agahinda gakomeye yagize ubwo yari mu buzima bwo kwicuruza(uburaya).Uyu mukobwa witwa Byukusenge Claudine yavuze ibyamubayeho biteye ubwoba kugeza ubwo yari agiye kuryamana n’umugabo agasanga ni umuzimu.

Mu kiganiro uyu mukobwa yagiranye na Yago TV Show yavuze ko mu myaka yose yamaze akora uburaya atagize abigiraramo ibyishimo ahubwo yaranzwe n’agahinda n’ibigeragezo.Abajijwe ikintu yibuka cyamubabaje cyane Claudine yavuze ko ababara cyane iyo yibutse uburyo yahoze mu buraya.Yavuze ko hari igihe yagiye kuryamana n’umugabo areba ifoto ya mama we arababara cyane.Yongeraho ko ikindi cyamukomerekeje ari igihe yaryamanye n’umugabo arangije amuha amafaranga ibihumbi 60 maze aramubwira ngo aryemo ibihumbi 20 andi ibihumbi mirongo ine azayagure isanduku kuko yari yamuteye agakoko gatera SIDA .

Undi munsi atakwibagirwa ngo yagiye kuryamana numugabo atazi ko ari umuzimu yamusiga mu cyumba akanamusanga muri salo.Ibi byose bishengura uyu mwari ,ndetse akavuga ko nta keza ko kwishora mu buraya.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru nziza ku muryango wa Arnold Schwarzenegger

Umukobwa yamennye ibanga ryatuma umusore bakundana atamuca inyuma