in

Umunyamakuru wa Radiotv10 Mucyo Antha yatangaje amakipe 2 aha amahirwe yo kwegukana Igikombe cy’isi

Igikombe cy’isi cya 2022 kirabura iminsi igera kuri 12 ngo gitangire kikazabera mu gihugu cya Qatar, mu Rwanda ibitangazamakuru bikomeje kwitegura uko bizageza ku bakunzi babyo icyo gikombe gusa n’abanyamakuru bakora ibiganiro by’imikino bakomeje gutangaza amakipe y’ibihugu baha amahirwe yo kwegukana icyo gikombe cy’isi.

Umunyamakuru wa Radiotv10 Rwanda Mucyo Antha Biganiro ukora ikiganiro Urukiko Rw’imikino ndetse no munda y’isi aho kuri radio10, anyuze ku rukuta rwe rwa Instagram yavuze ko amakipe aha amahirwe yo gutwara igikombe cy’isi ku mwanya wa mbere ari ikipe y’igihugu y’Ubufaransa, ku mwanya wa kabiri ni ikipe ya Brazil.

Dore ibyo yashingiyeho aha amahirwe yo gutwara igikombe cy’isi ayo makipe, reba ifoto aho hasi…

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Element Eleeeh yashyize hanze umubano we na Miss Kelia Ruzindana bivugwa ko bakundana

Chris Evans usanzwe uzwi nka Captain America yagizwe umugabo w’igikundiro ku isi yose kubera ibyo bagendeyeho