in

”Umuntu wankoze biriya iyo abishobora yari kunca n’umutwe” Ikiniga kiramufashe ubwo yavugaga ku ifoto ye yabiciye ku mbuga nkoranyambaga

”Umuntu wankoze biriya iyo abishobora yari kunca n’umutwe” Ikiniga kiramufashe ubwo yavugaga ku ifoto ye yabiciye ku mbuga nkoranyambaga.

Theo Bosebabireba rurangiranwa mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana mu Rwanda ndetse no hanze yarwo akomeje yongeye akomoza ku mafoto ye yacaracaye ari gusinzirira mu kabari iruhande rwe hari icupa.

Ubwo yari mu kiganiro yageze kuri iyi ngingo avuga ko uwamufotoye agashyira ariya mafoto ye hanze agufashe yagutera n’icyuma cyangwa akagusiga n’uburozi ku munwa usinziriye uri wenyine.

Akomeza agira ati “Twugamye turi benshi, imvura ihise abantu barigendera. Wenda bafite n’ibindi, banagukuramo imyenda.”

Nubwo ibi byamubayeho abamuzi neza iyo ahuye na bo ntago bamukomera ahubwo bamuha pole ku byamukorewe.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu gikombe cy’isi: Ikipe ya mbere y’Afurika ibonye itsinzi nyuma yo kwandagaza Qatar yakiriye iki gikombe

Umutoza Haringingo Francis yakuyeho urujijo ku byavugwaga ko Mbirizi Eric azamara hanze y’ikibuga igihe kinini