in

Umugore yari ari mu cyumba kijimye nta rumuri na ruke afite, ariko ari gusoma igitabo! Niba uri umuhanga, ibyo bishoboka bite? – IGISUBIZO

Ikibazo:

Umugore yari ari mu cyumba kijimye nta rumuri na ruke afite, ariko ari gusoma igitabo! Niba uri umuhanga, ibyo bishoboka bite?

Igisubizo:

Icyo gitabo cyari cyanditse mu buryo bufasha abafite ubumuga bwo kutabona. Inyuguti bazisoma bakoresheje kuzikozaho intoki. Babyita “Braille”.

Written by Mizero Lambert

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787868796

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bwiza yerekanye ubwiza bwe bituma abwirwa amagambo yuje urukundo n’abantu bigenzi mu bizima bwe -AMAFOTO

Ubushakashatsi bwagaragaje amazina 8 y’abakobwa bakunze gushinga urugo rukaramba