in

Umugore yakijweho umuriro nyuma yo kwihandagaza akavuga ko abagabo barutwa n’imbwa.

Umugore ukoresha amazina ya @MarrieMarrie kuri twitter yakijweho umuriro n’abakoresha uru rubuga nyuma yo kuvuga ko imbwa ari nziza kurusha abagabo.

Uyu mutegarugori yagereranije imbwa n’abagabo maze avuga ko ari igitutsi ku mbwa kuvuga ko “umugabo ari imbwa” ngo bitewe n’uko ibyo abagabo bakora ari bibi kuruta ibyo imbwa zikora.

Marie yizera ko imyifatire, imigirire ndetse n’icyifuzo bikorwa n’abagabo, muri rusange, kwirukana abagore hejuru no hasi bikuraho igitekerezo kidakunzwe ko “abagabo ari imbwa”.ngo kuko imbwa zitabikora.Nyuma yo kuvuga aya magambo abantu benshi batangiye kubwira nabi uyu mugore kubera uburyo agereranya umugabo n’imbwa ndetse bahamya ko ari agasuzuguro gakabije.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bimwe mu bintu bibi umukunzi wawe ashobora kugukorera ukababara cyane kurusha kumufata aguca inyuma.

Ibyo utamenye kuri Rihanna wavuzwe mu rukundo n’abasore barenze 10 bose(AMAFOTO)