in ,

Umugabo yafashe umugore we ari gusambana n’undi mugabo ku buriri bwe/Ashyira hanze amashusho bambaye ubusa buri buri

Umugabo yagarutse mu rugo maze asanga umugore we bari kumwihemba, icyamuteye uburakari cyane ariko nuko bari bari kubikorera ku buriri bwe.

Bivugwa ko uyu mugabo utwara taxi yaje gusambanya umugore w’abandi akekako umugabo we yagiye kure y’umujyi, ku bwamahirwe make ariko ntago byamugendekeye neza kuko iyi nshuro baje kumugwa gitumo.

Nyir’urugo ubwo yahageraga yahuruje inshuti ze maze nabo bafata amashusho y’ibyabaga bakoresheje telefone zabo maze bayakwirakwiza ku mbuga nkoranyambaga.

 

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ku myaka ye 23 Super manager yamaze kwiha ikamba rya Mr Rwanda

Isi irashaje:umupadiri yaturikije agasabo k’intanga k’umugabo yasambanyirizaga umugore