in

Ubwiza bw’ipusi idasanzwe bwateje impaka

Ku rubuga rwa twitter hasakaye ifoto y’ipusi ifite amabara adasanzwe y’umukara n’umuhondo bamwe bavuga ko ayo mabara ipusi ifite akabije itapfa kuyagira.

Iyi ni ipusi iboneka mu ishyamba rya Amazon mu gihugu cya Brazil , ikaba yitwa “Serpens Catus” ,  bikaba bigoye kuyibona byoroshye kuko ikinyamakuru The New York Post kivuga ko bwa mbere ino pusi ifotorwa yafotowe muri 2020.

Icyakora abantu batandukanye babonye amabara y’iyi pusi bahurije ku kuba yarahinduriwe amabara cyane ko ngo bitumvikana uburyo ipusi igira amabara asa neza gutya kandi akeye kuri urwo rugero .

Hari uwagize ati:” Mukoreshe uyu mwanda neza ariko mudatanga amakuru apfuye” , mu gihe undi we yagize ati :” Murekere gusangiza abantu uyu mwanda”

Amabara y'ipusi yatangaje benshi bamwe bavuga ko yayahinduriwe
Amabara y’ipusi yatangaje benshi bamwe bavuga ko yayahinduriwe

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Imodoka yari ipakiye inzoga yaguye abari aho bicana icyaka gahainda k’ubukene bumeze nabi

In response to these rumors, Bijoux spoke to a local newspaper