in

“Babiteho kuko bazagirira igihugu akamaro” Abana baterengeje imyaka 13 nabo bamaze kwandikira ameteka mu gihugu cy’Ubufaransa

Abana bakiri bato cyane mu myaka bamaze guhesha ishema igihugu cy’u Rwanda nyuma yo kwegukana igikombe cy’Isi.

Abana batarengeje imyaka 13 y’amavuko bamaze gutsinda ishuri ry’umupira w’amaguru rya Paris Saint Germain ryo mu gihugu cya Brazil kuri penaliti 4-3 maze begukana igikombe cy’Isi.

Ibi bibaye nyuma y’uko abana batarengeje imyaka 11 y’amavuko nabo bakinira akademi ya Paris Saint Germain yo mu Rwanda bamaze kwegukana igikombe batsinze igihugu cya Brazil kuri penaliti 3-2.

Uko ari amakipe abiri yagiye mu gihugu cy’Ubufaransa yose yegukanye ibikombe atsinze igihugu cy’igihangajye ku Isi muri ruhago akaba ari ku nshuro ya kabiri aba bana babashije kubikora gusa uyu munsi bwo bibabaye akarusho kuko mu byiciro byose aribo begukanye ibikombe.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Itorero ADEPR ryahaye Theo Bosebabireba imbabazi kubyaha yarengwaga

Mu gihe amarushanwa yo gutera akabariro akomeje kwitegurwa ubu hamenyekanye umunsi azatangiriraho ndetse n’urubuga azajya acaho imbona nkubone(Live)