in

Tayaliii Rayon yamaze kwemeza ko umunyamahanga wari utegerejwe na benshi yamaze gusinya

Tayaliii Rayon yamaze kwemeza ko umunyamahanga wari utegerejwe na benshi yamaze gusinya.

Mbere y’uko isoko ry’igura ni gurisha rifunga mu Rwanda, Rayon Sport ikomeje kwibikaho abakinnyi babanyamahanga batandukanye.

Ubu noneho yamaze gusinyisha umurundi Mvuyekure Emmanuel wari usanzwe ukinira KMC Fc , uyu murundi akina yataka, akaba yasinye amasezerano y’umwaka umwe.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports yabwiye ubuyobozi umwanya atifuzaho umukinnyi none uwo abafana bari banze niwe yakoze ku rwego yatangiye kuba inyenyeri 

“Umuganura mwiza” Umunyamakuru Sandrine Isheja wa Kiss Fm, yahaye ubutumwa abakunzi be yiyambariye umwambaro mwiza aberewe nk’umunyarwandakazi – AMAFOTO