in ,

Sugira Ernest yatangajeko atewe ubwoba bwinshi n’ibintu abanyekongo bakomeje kumukorera (amafoto)

Sugira Ernest kuri ubu uri ku karere ka  Huye aho yaje mu myitozo ari kumwe n’abakinnyi bagenzi be bo mu ikipe ya As Vita Club yo muri RDC yahishuye ko aterwa ubwoba n’uburyo yataweho bikomeye n’abafana ndetse n’ikipe akinamo.

Sugira asabana n'abafana ba Vita Club
Sugira abafana ba Vita Club bamufata nk’umuntu uzakora ibitangaza

Mu kiganiro yagiranye na Radio 10 ubwo yari yabasanze aho bitoreza hariya I Huye, Sugira yagize ati : “Singiye kwiyemera, gusa ariko iyo ndebye uburyo banyakiye n’uburyo bamfata bigaragara ko banyitezeho ibitangaza bidasanzwe. Ibi rero bintera ubwoba kuko binyeraka ko ndamutse ntitwaye neza byaba nabi (ntago nemerewe ku batenguha). Iyo ndebye uburyo bafana bamfana nk’umuntu bitezeho ibintu byinshi kandi nkabona uburyo banyitaho banyeraka ko bankunze bintera ubwoba kuko nibaza biramutse bitagenze uko babyifuza uko byangenkera. Rimwe na rimwe iyo ndi njyenyine ndasenga kugirango Imana izamfashe bizagende neza cyane.”

Image result

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

‘Nitwitse intoki gutya ndengera ubusugi bwa njye “- Yasmin

Umukinnyi Ndayishimiye Celestin yapfukamye imbere y’umukunzi we amusaba kumubera umugore (amafoto)