in

Rubanda ni bo biyica: Mu itabi haba harimo inyo zigenda n’ubwo benshi batari babizi (Videwo)

Rubanda ni bo biyica: Mu itabi haba harimo inyo zigenda n’ubwo benshi batari babizi (Videwo)

Benshi mu banywa itabi babitangira bumva ko ari imikono gusa hari igihe kigera iryo tabi ukaba utashobora ku ryikuraho kuko muri ryo riba ryifitemo ikinyabutabire kitwa ‘nikotine’ gituma umuntu aba imbata yaryo.

Usibye ibyo iyo abaganga bakoresheje icyitwa Microscope gushobora ku bona ibitaboneshwa ijisho mu itabi hasangwamo udusimba duto tumeze nk’inyo na two dukora nkuburozi.

Reba video hasi..

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Imodoka yihutaga yagonze abantu 4 bo mu muryango umwe bahita bahasiga ubuzima(Amafoto)

Ibanga ni siporo: Farida Kajara imiterere ye myiza ayikomora muri siporo ahoramo – VIDEWO