in

Rubanda bagira imitwe ikomeye: Amashusho y’umwana wagendeshaga umutwe yemeje benshi mu bayabonye bitewe n’uburyo yabikoragamo (video)

Abantu benshi ku Isi bakunze cyangwa se bigeze kubona abantu bakora ibintu bisa nk’ibitangaje ku buryo bitakorwa na buri wese ku Isi bitewe n’ubuhanga buhanitse bikoranwa ku buryo bigoye ko hari umuntu wapfa kubikora.

Mu mashusho yagaragaye ku rubuga rwa Instagram yagaragaje umwana usa nk’aho akiri muto cyane mu myaka ari kugendesha umutwe bimwe abantu bazi cyane ku Izina rya “Abakorobasi” ku buryo kubikora bisaba kuba ubifiteho ubumenyi buhambaye.

Na we ihere ijisho amashusho y’umwana muto cyane ukora ibyakorwa na bake ku Isi:

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umutoma W’umunsi: Ku wa 17/05/2023 – Usumba izuba rirasa…

Ukuri ku makuru ari kuvuga ko Bahavu Jennette yaba yahawe imodoka yajogotse