in

Olivier Karekezi yagize icyo avuga ku cyemezo APR FC yafashe cyo kongera gukinisha abanyamahanga

Nyuma y’iminsi mike ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC butangaje ko abanyamahanga bazemererwa kuza muri iyi kipe, Karekezi Olivier wakiniye iyi kipe yatangaje ko iki cyemezo ari kiza.

Oliver Karekezi ubwo yaganiraga na B&B Umwezi dukesha iyi nkuru, yabajijwe uko yakiriye icyemezo ubuyobozi bwa APR FC bwafashe bwo kugarura gukinisha abanyamahanga maze asubiza agira ati “Kugarura abanyamahanga ni icyemezo kiza APR FC yafashe”.

Oliver Karekezi mu gihe yakinaga, yakiniye iyi kipe ya APR FC igikinisha abanyamahanga.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amashirakinyoma ku bikomeje kuvugwa ko Byiringiro Lague atacyerekeje muri Sandvikens IF yo muri Suède yari yemeye kumutangaho arenga miliyoni 200

Ntakure habaho Imana itagukura pee!! Ifoto ya Bruce melodie akiri muto ari kuririmba mu kirori yambaye ubusa hejuru yasekeje abantu