imikino
Nyuma yo gutsinda Watford,muri Arsenal hatashyemo indi nkuru nziza,soma wumve iyo ariyo

Ikipe ya Arsenal ikomeje kwandikira amateka kuri watford kuko iyi kipe ya watford iheruka gutsinda Arsenal muri Champiyona y’abongereza Premier League mumwaka w’i 1988,iyi kipe y’i Londre rero ikomeje kuyihanangiriza iyereka ko igifite byinshi byo gukora nyuma yo kuyikubitira iwayo ibitego 3 kuri kimwe.
Uyu munsi rero nyuma y’uyu mukino muri iyi kipe hongeye gutahamo inkuru nziza,kuko umutoza Arsene Wenger atangarije abanyamukuru ko muri iki cyumweru yizeye adashidikanya kurangiza gusinyisha abakinnyi babiri aribo:
Shkodran Mustafi mu ikipe ya Valencia muri Espagne

Uyu musore akaba aje gukemura ikibazo cy’ubwugarizi muri ino kipe
Ndetse na Lucas Perez wakiniraga ikipe ya Deportivo la coruna

Amakuru dukesha igitangazamakuru ESPNFC akaba avuga ko aba bagabo bamaze no gukora ikizamini cy’ubuzima kandi bakaba banagitsinze hakaba hategerejwe gusinyishwa no kwerekanwa kumugaragaro.
Comments
0 comments
-
Imyidagaduro19 hours ago
Urukundo ni rwogere: Fofo wo muri papa sava yuriye indege ajya gushyigikira ibikorwa by’umukunzi we
-
Utuntu n'utundi23 hours ago
Cyore:Umukwe n’umugeni bashatse kurwanira mu bukwe bakizwa na mbuga.
-
urukundo9 hours ago
Umusore yaryamye mu muhanda hagati abantu benshi barahurura maze ahita atungura umukunzi we amwambika impeta(AMAFOTO)
-
Ubuzima9 hours ago
Dore uko bigenda ku mubiri wawe iyo unyoye amazi mu gitondo ukibyuka .
-
Mu Rwanda22 hours ago
Maze imyaka 40 nta mugabo urantereta|Ninjye muntu mubi cyane ku isi||ukuguru kwanjye banze kuguca.
-
Mu Rwanda21 hours ago
Akumiro:Bamuroze kugira ibitsina bibiri nyuma yo kurya isake y’umukobwa||Ubuhamya bwa Miss Munyago w’i Nyamasheke.
-
urukundo22 hours ago
Abantu benshi bashimishijwe cyane n’ubukwe bw’umusore umaze imyaka 14 mu kagare k’abamugaye n’inkumi y’ikizungerezi.
-
Hanze19 hours ago
Wa muhanzikazi wamaze icyumweru kwa Diamond Platnumz yahaswe ibibazo| Ibyo guterwa inda na Diamond| Ukuri kose yagushyize hanze