in

Nyuma ya PSG ya Messi yatsinzwe na Bayern Munich, Cristiano na Al-Nassr ye nabo bandagazwe n’ikipe 90 irashira

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki 8 Werurwe 2023 nibwo ikipe ya Paris Saint Germain ikinamo igihanganjye mu mupira w’amaguru ku isi Lionel Messi yasezerewe mu irushanwa rya Uefa Champions League itsinzwe na Bayern Munich ibitego 2-0.

Nyuma y’umunsi umwe gusa, ikipe ya Al-Nassr yo muri Arabia Saudite ikinamo mukeba wa Messi ariwe Cristiano Ronaldo nayo ikozwe mu jisho n’ikipe ya Al-Ittihad yayitsinze igitego kimwe ku busa maze ihita inayifatana umwanya wa mbere.

Messi na Cristiano ntibazibagiranwa mu mupira w’isi kubera ko igihe cyose hahora impaka hibazwa ukomeye kurusha undi.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Breaking news: Byiringiro Lague agarutse mu Rwanda nyuma yo kwerekeza i Burayi

Charles tuzamusangira, amajwi y’umugore wamaramaje avuga ko atazareka undi musore kandi afite umugabo yerekanye ishusho y’ingo z’iki gihe