in

Ntabwo umukapo yari kwemera ko impeshyi imusiga atigaragaje! Umunyamakuru Patrick yibese maze atera ivi asaba umukunzi we kuzamubera Mama w’abana be

Ntabwo umukapo yari kwemera ko impeshyi imusiga atigaragaje! Umunyamakuru Patrick yibese maze atera ivi asaba umukunzi we kuzamubera Mama w’abana be.

Pazzo Parole umukapo yamaze kwambika umukunzi we impeta y’urukundo.

Umunyamakuru Niyomushumba Patrick wamenyekanye nka Pazzo Parole umukapo yambitse impeta umukunzi we Gentille bamaze igihe bakundana.

Ni umuhango wabaye mu mpera z’iki cyumweru dusoje aho wabereye mu karere ka Kicukiro.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Sinapfa kubona uwo mugereranya nawe! Umuyobozi w’ikipe ya Mukura VS yatakagije Manishimwe Djabel ndetse avuga n’impamvu ikomeye igaragaza uburyo ari ingenzi muri Mukura

“Ni ibiro nk’ibindi” Mu bikote byacicaguritse, Bijoyobija yageze i Kigali maze abona inkumi zaho biramurenga bamujyanye mu bwiherero agira ngo ageze ahera (AMAFOTO)