in

“No kumoka yamoka” Shaddy Boo utarahiriwe no kubaka urugo yunze mu rya Mutesi Jolly wifashe akagereranya abagabo nk’itungo rizwiho kurinda umutekano w’urugo

“No kumoka yamoka” Shaddy Boo utarahiriwe no kubaka urugo yunze mu rya Mutesi Jolly wifashe akagereranya abagabo nk’itungo rizwiho kurinda umutekano w’urugo.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter, Shaddy Boo yavuze ko burya umugabo ukubita umugore we no kumoka yamoka.

Ibi yabivuze nyuma y’uko yari amaze kuvuga ko ingo ziri kubakwa muri iyi minsi ziri mu manegeka.

Ibi kandi bije nyuma y’uko na Mutesi Jolly yigeze kwita bamwe mu bagabo Inyabazimbwa.

Shaddy Boo ntiyahiriwe mu rukundo dore ko yatandukanye n’umugabo we, Meddy Saleh babyaranye abana babiri b’abakobwa.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

‘Yazanye iby’imyirato inzara itangiye kumwica ayoboka igikarani’ Umuzungu wariye utudorari yavanye iwabo tukamushirana yabuze icyo akora ni uko ayoboka iy’igikarani cyo kwikorera ibifuka by’amakara yo muri Afurika (VIDEWO)

‘Yahatwitse ubundi arimanukira’ I Nyarugenge, habereye inkongi y’umuriro yatejwe n’umugabo umwe rukumbi wari ufite icyo agambiriye (AMAFOTO)