in

Ari kwicinya icyara: Mico The Best aryamiye amajanja nyuma yo kumenya ko Diamond Platunmz ategerejwe i Kigali

Umuhanzi Mico The Best aryamiye amajanja nyuma yo kumenya amakuru y’uko Diamond Platunmz wamwambuye akayo k’amafaranga agiye kuza mu Rwanda.

Diamond Platunmz na Tiwa Savage ndetse na kizigenza Davido bategerejwe mu mujyi wa Kigali aho bazataramira abantu bazitabira iserukiramuco rizaherekeza imikino ya “Giants of Africa Festival” iyi nkuru yacaracaye ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye nyuma yo kumva ko harimo Diamond wambuye Mico The Best.

Umuhanzi wo mu gihugu cya Tanzania Diamond Platunmz yambuye agera kuri miliyoni 7 Mico The Best ndetse ubu ikirego cyamaze kugezwa muri RIB bikaba bivugwa ko uyu muhanzi ashobora kuza mu Rwanda yitwaje amafaranga ya Mico cyangwa agatabwa muri yombi nk’uko byigeze kuba kuri Burce Melodie ubwo yari mu gihugu cy’u Burundi.

Aya mafaranga Diamond Platunmz yambuye umuhanzi Mico The Best amaze imyaka myinshi cyane dore ko yashize imyaka igera kuri icumi yose  gusa kuri iyi nshuro bishobora kurangira Mico The Best yishyuwe.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ari kuyarya ntawumuhagaze hejuru! Queen Cha usa nk’uwahagaritse umuziki ari kuryoshya i Paris mu buryo bw’abajejetafaranga (AMAFOTO)

Bakobwa mujye mwoga no mu kwaha: Umusore wari uri kubyinana n’umokobwa yarembejwe n’umunuko wavaga mu kwaha kwe maze akora ibyatunguye benshi (Videwo)